Ibi Perezida Kagame yabigaragaje mu ibaruwa yandikiye Perezida Ndayishimiye amusubiza ku butumire yari yamuhaye ngo azitabire ibirori byo kwizihiza imyaka 59 ishize u Burundi bubonye ubwigenge. Iyi baruwa yashyizwe... Read more »
Bafashwe kuri uyu wa Kane mu Mudugudu wa Muyebe mu Kagari ka Ruhango mu Murenge wa Rongi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, SP Kanamugire Theobald, yavuze ko gufatwa... Read more »
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi umusore w’imyaka 18 ukekwaho gusambanya mushiki we w’imyaka irindwi y’amavuko, bo mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Rulindo. Iki cyaha gikekwa... Read more »
Kuwa 25 06 2021 Kuri Kigali Public Library Akimana Divine ku bufatanye na Rwanda National Commisional of UNESCO(CNRU) na Kigali Public Library yamuritse igitabo cye cya Mbere yise SCARS... Read more »
Batangiye gutaha kuri iki Cyumweru nyuma y’uko bamenyeshejwe ko Ikirunga cya Nyiragongo cyagabanyije umuvuduko wo kuruka. Aba baturage bari binjiriye ku mipaka ya La Corniche na Petite Barrière no... Read more »
Umukozi w’Imana Eddy Kamoso akaba umunyamakuru ndetse akaba umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda, uyu mugabo wababajwe bikomeye n’inkuru zagiye zimwandikwaho zimusebya ko ari ikiremba atabasha gutera akabariro, Uyu mugabo... Read more »
Mu mujyi wa Uvira uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo havutse imyigaragambyo yo kwamagana umusirikare wa leta ufite ipeti rya Majoro wishe umunyamategeko amurashe amasasu atandatu.... Read more »
Amakuru avuga ko aba bagabo bafunze Guhera kuri uyu Kuva ku wa Gatatu tariki ya 12 Gicurasi 2021. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwimiyaga, Gatunge Sam, avuga ko bafashwe kubera... Read more »
Nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Gicurasi 2021, Urukiko Rukuru rwa Kigali (HC) rwongeye gusubika mu bujurire ku nshuro ya Karindwi (7) urubanza Ntizimira Paul, wari... Read more »
Nyuma y’uko Polisi y’Igihugu ihannye abageni barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 maze umugeni n’abamwambariye bakajyanwa muri stade ku munsi wari uw’ibyishimo kuri bo, byababaje benshi ndetse hibazwa niba... Read more »
Nyandwi Veneranda w’imyaka 25 y’amavuko, umusore wavukiye mu Karere ka Muhanga, mu Ntara ya Majyepfo, akavukana ibitsina bibiri(2), aratabaza nyuma yuko avuga ko yagiye kwa muganga bagasanga, bugabo bwe’... Read more »
Umunyamakuru wa Flash TV uzwi nka Professor Mbata agahinda ni kose nyuma y’uko inzu ye ifashwe n’inkongi y’umuriro igakongoka ntagire ikintu na kimwe aramura. Iyi nkongi y’umuriro yabaye ku... Read more »
Mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’Umushumba waragiraga inka w’imyaka 50 y’amavuko witwa Muhirwa André wakoze benshi ku mutima kubera inkuru y’urukundo rwe n’umugore we Niyibishaka Ange arusha imyaka... Read more »
Zabyaye amahari mubo mu muryango wa Mukandengo Adela barimo Mukaruzamba Suzanne, Mujawamariya Dende Mugabo Marie na Mufundukazi Venantie. Aba bavandimwe ntibumvikana biturutse ku mutungo w’ubutaka MUFUNDUKAZI Venantie yahawe na... Read more »
Vanessa yavukiye I Nyamirambo avukaana n’Umwana umwe Uyu mukobwa wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w,U rwanda muri 2015, mu minsi ishize nibwo hatangajwe ko uyu mukobwa yatandukanye n’umuherwe... Read more »
Mu minsi ishize nibwo umuhazi Social Mula yatangarije #CITYRADIO88.3fm ko afite indirimbo yitwa Amavuta agiye gushyira hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho, ubwo hafatagwa amashusho ya yo nibwo baje kurenga... Read more »
MU minsi ishize nibwo Paul Rusesabagina yikuye mu rukiko ndetse atangaza ko atangaza ko atazagaruka kuburana, ko nta butabera ategereje, ubwo urubanza rwakomezaga Rusesabagina ntago yagaragaye mu rukiko gusa... Read more »
Company yitwa Tomtransfers ikorera mu Rwanda yiyemeje guhindura byinshi ku bantu bakeneye serivise zitandukanye, kandi iyi Company ibifitiye ubushobozi, ku igiciro gito, kandi bakaba inyangamugayo, bakita ku bakiriya ba... Read more »
Nyuma yifatwa rya Callixte Sankara Paul Rusesabagina warukuriye umutwe wa FLN yavuze ko ataciwe intege n’ifatwa rya Sankara Kuwa 31 8 2020, nibwo Urwego Rw’ubugenza cyaha (RIB) rweretse Itangazamakuru... Read more »
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko igikorwa cyo gutanga inkingo za COVID-19 gikomeje ubu hakaba hari gukingirwa abantu bakora ibishobora gutuma bashobora kuba bakwandura iki cyorezo. Ivuga ko ibi... Read more »
Nyuma yuko, inama y’Abaminisitiri iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Repuburika y’Urwanda PAUL KAGAME igafatirwamo ingamba zitandukanye zo kwirinda #COVID19, by’umwihariko, mu Karere ka Musanze, abaturage bazajya baba bageze aho... Read more »
Amavubi nyuma yo kwitwara nabi mu manota 6 ikaba ifite o ku manota 6 yashobokaga Minisitiri wa Siporo @AuroreMimosa yasuye @Amavubi mu mwiherero iyi kipe yariri gukorera mu Bugesera... Read more »
Nkubili Alfred ukurikiranyweho ibyaha byo guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano no guhisha ibyakoreshejwe icyaha. kuri uyu wa kabiri nibwo ibitangaza makuru bitandunye byatangaje ko, Nkubili Alfred arembye yajyankwe mu... Read more »
Rusanganwa Norbert, ukoresha izina ry’Ubuhanzi nka Kenny sol,ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko, uvuka mu muryango w’Abana batatu(3) akaba ari umwana w’akabiri iwabo. Uyu musore afite umubyeyi umwe(papa), akaba yarize... Read more »
Umukinnyi wo hagati wa Manchester United n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa, Paul Pogba, avuga ko agiye kurega mu nkiko kubera amakuru y’ibinyoma yamuvuzweho ko agiye gusezera mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa... Read more »
Uyu umusore amazina ye bwite ni Rutabara Cadeau.akaba ari murumuna wa Kitoko,akaba yaravukiye muri Congo. Izina ry’ubuhanzi ni Gift Fork,akaba yaravutse 1994 ,n’Umunyarwanda akaba umuhanzi ubijemo vuba kinyamwuga, yatangiye... Read more »
N’ubwo abanyonzi bavuga ko nta bushobozi bafite bwo kugura ingofero z’ubwirinzi(casques, helmets) zigenewe abagenzi kubera ko zihenze kandi bakaba bari bamaze igihe badakora, Polisi yo ivuga ko ibyo bagomba... Read more »
HARERIMANA Jean de Dieu uzwi kw’izina rya JDK akaba afite indirimbo 6 harimo indirimbo 2 zijyanye n ubuhinzi n’ubworozi. Arizo hinga kinyamwuga, Horana itoto, You and me,True Love,Ubwiru. Akaba... Read more »
Abakunzi b’umupira w’amaguru nyuma yo gutegereza igihe kinini bose bibaza uzaba umukinnyi wumwaka 2019-2020 mu gihugu cy’Ubwongereza. Abenshi bibazaga ko Ese azava mu Ekipe yatwaye igikombe ariyo Liverpool, ntago... Read more »
Kimisagara: Kimisagara: Umugore yafatanywe udupfunyika 5,082 tw’Urumogi Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafatanye uwitwa Musabyimana Azerah w’imyaka 38 y’amavuko udupfunyika... Read more »
Sadate yashimiye abakinnyi uburyo bitwaye neza Munyakazi Sadate uyoboye iyi kipe iherutse gusabwa guhagarika izindi nzego zose, yavuze ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwifuje guhura n’abakozi bayo by’umwihariko abakinnyi bayo... Read more »
FLASH Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Marie-Claude Macron bagaragaye bari kwishimisha mu biruhuko byo mu mpeshyi hafi y’Inyanja ya Méditerranée. Perezida Emmanuel Macron w’imyaka 42 yagaragaye yambaye... Read more »
U Mu kiganiro n’Abanyamakuru, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yasubije ibirego by’u Burundi buvuga ko u Rwanda rwafashe bugwate impunzi z’Abarundi zihamaze imyaka itanu, avuga ko uko bigaragara nta bushake buhari ku... Read more »
Yanditswe Inkuru iri guca ibintu mu binyamakuru byo muri Afurika yo hagati no mu isi y’abakoresha ururimi rw’Igifaransa, ni iya Perezida wa Tchad Idriss Déby Itno wahawe ipeti rya Maréchal... Read more »
Amakuru UMUSEKE ufite kandi wakuye ahantu hizewe aremeza ko ibyamamare Shaddyboo na Bruce Melodie bafunzwe mu mpeza z’Icyumweru gishize bakurikiranyweho kwica amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi... Read more »
Aba bapolisi bakurikiranyweho n’ubutabera barimo uwitwa Benon Akandwanaho wakoraga kuri sitasiyo ya polisi ya Kira na Frank Sabiiti wari ushinzwe ibikorwa by’ubutasi ku mupaka wa Mutukula. Bagaragaye mu rukiko... Read more »
rwego rw’ibanga rwasohoye igitaraganya Perezida Donald Trump wa Amerika mu kiganiro n’abanyamakuru, nyuma y’amasasu yarasiwe hanze y’ibiro bye White House. Umukozi w’urwo rwego rufite mu nshingano kurinda abategetsi bakuru... Read more »
Mu ijoro ryakeye abagize Guverinoma ya Lebanon beguye nyuma y’igitutu cy’abaturage bayishinja kuba terera iyo ntikurikirane ubuzima bw’igihugu kugeza ubwo umurwa mukuru uturikiramo ibinyabutabire bya kirimbuzi,umuriro ugahitana abagera kuri... Read more »
Iki gikorwa cyabereye kuri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo giherereye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa 10 Kanama 2020. Inkunga yatanzwe yakusanyijwe n’abakozi ba Mininfra n’ibigo biyishamikiyeho birimo... Read more »
Amazina ye yitwa manzi Ndihano Habibu akaba izina akoresha mu muziki we ari DoubleFile Uyu musore yatangiye kuririmba muri 2004, indirimbo yaririmbye bwambere yitwaga “Iminsi , kurubu uyumusore afite indirimbo... Read more »
Kugeza ubu impaka ziracyari zose ku rupfu rwa 2Pac , hari na bamwe bavuga ko yaba akiriho kugeza ubu bakabishingira ku ngingo nyinshi zitandukanye bagenda bagaragaza, ariko amateka yo... Read more »
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 05, Kanama, 2020 umwana w’imyaka irindwi wo mu murenge wa Rwimiyaga muri Nyagatare yaturikanywe n’igisasu arakomereka cyane. Bavuga ko iki ari... Read more »
IYOBOKAMANA Uwitwa Sheikh Nsabimana Issa, wari umwe mu bayobozi b’Idini ya Islam mu Rwanda ndetse no mu ihuriro ry’Abayisilamu mu Rwanda, RMC yamaze gusezera muri iri huriro bitewe no kudahuza... Read more »
Umugore witwa Isezerano Sarah wo mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho icyaha akekwaho cyo kwica umugabo we amukubise umuhini... Read more »
Abantu 78 byemejwe ko bapfiriye mu guturika kw’ikintu kitaramenyekana, abandi 4000 bakomeretse nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima witwa Hamad Hassan. Maj Gen. Abbas Ibrahim, ukuriye ibikorwa by’umutekano yabwiye ibitangazamakuru... Read more »
Yanditswe Umusirikare w’u Rwanda, Lt. Gerald Tindifa, ku wa 18 Gashyantare uyu mwaka yatorokeye muri Uganda nyuma biza gutahurwa ko icyo gikorwa cyagizwemo uruhare n’Umutwe udasanzwe mu Ngabo za Uganda.... Read more »
Bugesera: Abagore babiri n’umusore umwe bo mu Murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera, bari mu maboko y’Ubugenzacyaha bakekwaho kwica mukeba w’umwe muri bo, n’uruhinja yari ahetse rw’amezi arindwi. Abakekwaho... Read more »
Iradukunda Rutahizamu wa Gasogi United, Iradukunda Jean Bertrand bakunda kwita Kanyarwanda usanzwe anamurika imideli muri Moshions, yashyizwe kuri website y’icyamamare ku Isi, umuhanzikazi akaba n’umunyamideli Beyoncé. Bertrand asanzwe anamurika imideri... Read more »
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umugabo ufite ubwenegihugu bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yarashwe arapfa. Uyu akekwaho kuba ari we wafashe amashusho Abanyarwandakazi bambaye ubusa. Kuri Twitter... Read more »
Mpa Nemeye Platini uzwi nka Platini P yakoranye na Rafiki indirimbo yise ‘Pase’, yumvikanamo umusore asaba mugenzi we numero ya Telephone y’umukobwa mu mvugo zikoreshwa n’ab’ubuzi ‘Pase’. Platini P... Read more »
RIB yahagurukiye aberekana ubwambure bwabo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gufunga abakobwa bane RIB yahagurukiye aberekana ubwambure bwabo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gufunga abakobwa bane Kimwe mu byiharajwe... Read more »
6 Nayituriki Apolonie ukoresha izina rya NayPolly mu buhanzi, usanzwe ari umubyeyi w’abana bane yinjiye mu mwuga wo kuririmba urukundo mu gusangiza abandi ubuhamya bw’uburyo amaze imyaka irenga 10 ashyingiwe... Read more »
Vero Candy umuhanzikazi wibitseho uburanga buhebuje akaba Intyoza mu kubyina Mu gihe hibazwa impamvu y’ubuke bw’abahanzikazi mu Rwanda bayoboka umwuga wo kuririmba hakaba n’ababigerageza bagasezera bucece,Vero Candy ni umuhanzikazi mushya... Read more »
Uyu mukobwa yitwa Mutoni Saranda afite imyaka y’amavuko 20, yavutse mu 2000 ,akaba yaravukiye mu Karere ka Nyagatare , yize amashuri abanza kuri Good Foundation , ayisumbuye ayiga Fawe Girls... Read more »
Urukiko rwo muri Uganda rwahamije umugabo icyaha cyo kwica ingagi nkuru irangwa n’umugongo w’umuringa (silverback) yo mu misozi miremire mu kwezi kwa gatandatu, rumukatira gufungwa imyaka 10. Iyi ngagi... Read more »
Kimironko : Polisi yafatiye mucyuho abajura, bamaze gupakira, Flat Screen, mudasobwa, imyenda yose yari munzu nibyo kurya bahereye ku muceri Share on Facebook Tweet on Twitter Kuri uyu wa... Read more »
Bamwe mu bakoreye inganda zari zifite isoko ryo gukora udupfukamunwa twinshi ubwo hashyirwagaho ibwiriza ryo kutwambara ku bantu bose, barataka ubukene kubera ko izo nganda zabahagaritse batishyuwe. Abo bakozi... Read more »
Uyu muhanzi yabwiye ko ari ibintu amaze igihe kinini atekereza ariko akaba yarabishyize mu ngiro mu mezi make ashize. Ati “Ni ibintu ndi gukorana na mubyara wanjye. Igitekerezo cyabyo... Read more »
Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports yavuze ko mu munsi iri imbere Rayon Sports ishobora gutandukana na Skol. Hashize iminsi havugwa ubwumvikane buke hagati ya Rayon Sports ndetse n’uruganda rwa... Read more »
Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima (RBC), cyatangaje ko umwe mu bavurirwa Coronavirus mu kigo nderabuzima cya Rugerero mu Karere ka Rubavu, yahabyariye umwana w’umuhungu kandi bose bameze neza. Ku gicamunsi cyo... Read more »
Rutahizamu w’umunya-Ghana wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports, Michael Sarpong yahishuye ko ari umu rukundo n’umunyarwandakazi kandi yumva yifuza ko ari we wazamubera mama w’abana be. Uyu mukinnyi amaze... Read more »
Uwahoze ari Minisitiri w’Umuco na siporo anaba Ambasaderi w’u Rwanda muri Nigeria, Amb. Joe Habineza yatangaje ko yatangiye gufata amajwi y’indirimbo ateganya gushyira hanze mu minsi iri imbere. Habineza... Read more »
Uyu mugabo yitwa Uzaramaba karasira Aimable , ukoresha izina rya Kalasira Aimable mu muziki, uyu mugabo yaravutse 1977 ubu afite imyaka ya mavuko 43, yavukiye I rwaniro muri Huye... Read more »
Ibiro bya perezida wa Zambia byatangaje ko byababajwe no kumva mu binyamakuru ko Perezida Edgar Lungu yavuzwe mu rukiko rwo mu Rwanda ko yahaye ubufasha bw’amafaranga yo gukora ibitero... Read more »
Nsabimana Callixte uzwi kandi nka Sankara uyu munsi ku wa mbere yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku Rwanda babifashijwemo na... Read more »
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yafunze burundu Kaminuza yigenga ya UNIK yo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba (yahoze yitwa INATEK), nk’uko bigaragara mu rwandiko iyo Minisiteri yasohoye kuri uyu... Read more »
Ni ubwa mbere kuva umuntu wa mbere wanduye Coronavirus agaragaye mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, habonetse abarwayi benshi ba Coronavirus mu munsi umwe. Itangazo rya Minisante rigaragaza... Read more »
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zemeje ko abantu bagera ku 100 bitwaje intwaro zirimo n’inini baturutse mu Burundi, bateye ku birindiro byazo mu murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru,... Read more »
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu Turere twa Kicukiro na Nyarugenge, igomba kujya muri guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15, kubera... Read more »
Umucukuzi uciriritse wo muri Tanzania mu gihe gito cyane yahindutse umuntu utunze miliyoni z’amadorari nyuma yo kugurisha amabuye abiri y’agaciro yacukuye yitwa Tanzanite – niyo manini abonetse kugeza ubu... Read more »
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa Kabiri tariki 16 Kamena 2020, yahaye icyizere insengero cyo kongera gufungura mu minsi 15 iri imbere, nyuma y’amezi atatu zidasengerwamo kubera ingamba zo... Read more »
Rimwe na rimwe, ubuzima bushobora kukubabaza, ukumva ko isi ikurangiriyeho. Oya irengagize kuko iri rishobora kuba iherezo ryawe! nubwo ari gake biba ariko byaba kandi byarabaye. Aha tugiye kureba... Read more »
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’iz’umutekano,Polisi y’igihugu yafashe abantu 14 bo mu karere ka Rusizi, bari batwaye magendu bayivana muri Repubulika Iharanira Demokarasi... Read more »
Knc President wa Gasogi na Mutabaruku President wa bafana ba Gasogi biyemeje kuzajya barahiza abantu bose bifuza gufana Ikipe ya Gasogi, kuri Televiziyo. Nyuma y’umwaka umwe(1) Ikipe ya Gasogi... Read more »
Urukiko rurengera itegekonshinga mu Burundi rwemeje ko Evariste Ndayishimiye watowe ku mwanya w’umukuru w’igihugu ajya kuri uwo mwanya, rwategetse ko igihe cy’inzibacyuho kidakenewe – nyuma y’urupfu rwa Perezida Pierre... Read more »
Abahanga muri siyansi bari kugerageza ngo barebe niba ibuprofen yashobora gufasha abarwayi barwaye coronavirus. Itsinda ry’abahanga bo ku bitaro by’i Londres bya Guy’s na St Thomas ndetse na King’s... Read more »
Ku wa 30 Gicurasi nibwo Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umuntu wa mbere mu Rwanda witabye Imana azize Coronavirus kuva iki cyorezo cyagera mu gihugu ku wa 14 Werurwe 2020,... Read more »
Mu Rwanda abari n’abategarugori kubona igikoresho cy’isuku y’imihango kizwi cyane nka ‘cotex’ biracyari ikibazo kuri benshi, bagitegereje kandi ko bihenduka ku isoko kuko leta yari yemeje ko bivaniweho imisoro... Read more »
Habaye imirwano ikomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambya mu mujyi wa Minneapolis muri Amerika nyuma y’urupfu rw’umwirabura wapfiriye aho yari afungiye. Abapolisi bakoresheje imyuka iryana mu maso mu gihe abigaragambya bayiteraga... Read more »
Dr Lorna Breen yari umuyobozi w’abaganga mu ishami ryita ku ndembe mu bitaro biri i Manhattan, yapfuye ku cyumweru kubera ibikomere yiteye ubwe nk’uko bivugwa na polisi. Se umubyara... Read more »
Niba warigeze umara igihe kuri murandasi, cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga, ushobora kuba warabonye udushusho tumwe natumwe cyangwa utugambo tugufi(memes) tugaragaramo abagabo babyinana isanduku y’uwapfuye ku ntugu zabo. Aba... Read more »
I New Delhi mumurwa mukuru w’ubuhinde Ministiri w’intebe Narendra Modi yagaragaye avuga ko amatara y’umugi yose azimywa mugihe cy’iminota9 saa tatu zijoro, ibi yabivuze kuwa gatanu babishyize mu bikorwa... Read more »
Nk’uko byatangajwe n’ishyaka yabarizwagamo, uyu musaza w’imyaka 67 yanduriye Coronavirus mu Misiri mu mpera za Werurwe, yaguye mu bitaro by’i Cairo. Yayoboye Guverinoma y’inzibacyuho mu mezi make yakurikiye imvururu... Read more »
Ikigega mpuzamahanga cy’imari ku isi IMF: International Monetary Fund cyatangaje ko nyuma y’ubusabe bw’u Rwanda cyemeje inguzanyo yihutirwa ya miliyoni $109 yo gufasha leta guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya coronavirus.... Read more »
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu batatu barimo umunyerondo n’umupolisikazi wo ku rwego rwa Ofisiye, bagaragaye ku mashusho bahohotera umuturage mu muhanda. Ni igikorwa cyabaye ku... Read more »
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangiye gukora urutonde rw’abantu bafungiye muri za kasho bashobora gufungurwa mu kwirinda ko zikomeza kugira ubucucike kubera ko muri ibi bihe byo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya... Read more »
Leta y’u Rwanda yemeje ikindi gihe cy’iminsi 15 yo guhagarika ubuzima busanzwe hagakorwa ibyangombwa cyane gusa, ni mu gihe mu byumweru bitagera muri bibiri habonetsemo abantu 65 banduye iyi... Read more »
Leta y’u Rwanda ivuga ko iy’u Burundi ubu itemerera amakamyo y’ibicuruzwa aciye mu Rwanda kwinjira mu Burundi nk’uko byari bisanzwe, ikavuga ko ibi ari ukurenga ku byemeranyijwe n’ibihugu bigize... Read more »
Zimwe mu nzego z’abikorera zitanga serivisi zitandukanye mu Rwanda zatangiye guhagarika by’agateganyo amasezerano n’abakozi bayo kuko zitari gukora, iyi ni imwe mu ngaruka z’icyorezo cya coronavirus. Bimwe mu bigo... Read more »
Minisitiri w’Ubuzima mu Burundi, Ndikumana Thaddée, yatangake ko ku nshuro ya mbere mu gihugu cye hagaragaye abarwayi babiri bafite ubwandu bwa COVID-19 iterwa n’agakoko ka Coronavirus. U Burundi nicyo... Read more »
Minisiteri y’ubuzima muri Tanzania yatangaje ko umuntu wa mbere muri iki gihugu yishwe na coronavirus uyu munsi ku wa kabiri, uyu ni Umutanzaniya w’imyaka 49. Mu itangazo ryasohowe n’iyi... Read more »
Umuvugizi wa Leta ya Somalia, Ismail Mukhtar Omar yatangaje ko igihugu cye cyohereje abaganga 20 bo gufasha abo mu Butaliyani kwita ku barwayi ba Coronavirus muri iki gihe kitabworoheye.... Read more »
Muri leta ya Arizona umugabo yapfuye naho umugore we araremba nyuma y’uko bombi biteye umuti wa chloroquine phosphate, bikekwa ko bariho bikingira Covid-19. Perezida Donald Trump aheruka kuvuga ko... Read more »
Impanuka y’ikamyo yabaye mu gace ka Kamenge mu ijoro ry’ejo ku cyumweru yahitanye abantu batandatu, umwe muri bo ni umugore utwite ariko umwana yari atwite yavanywe mu nda ya... Read more »
Niyonzima Salomon w’imyaka 27 wagaragaye ku mashusho arimo gukubitwa n’abaturage nyuma y’uko bari bamufashe bamushinja kwiba igitoki, yitabye Imana mu ijoro rishyira ku Cyumweru tariki 29 Werurwe 2020, aguye... Read more »
Perezida Kagame yahumurije Abanyarwanda muri ibi bihe igihugu kiri mu ngamba zikomeye zo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus, abasaba gukomeza kubahiriza amabwiriza yashyizweho, avuga ko leta yiteguye gukora ibishoboka... Read more »
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson byemeje ko uyu muyobozi yanduye icyorezo cya Coronavirus, gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye. Ni inkuru isakaye mu gihe Boris akomeje kunengwa uburyo... Read more »
RUBAVU: Abahohoteye ukekwaho ubujura mu mashusho yagaragaye kumbuga nkoranyambaga batawe muri yombi.
Ni amashusho yatangiye gusakara kuri uyu wa Kane ku mbuga nkoranyambaga, bigaragara ko uwo mugabo bamufashe amaguru n’amaboko bakamutambika mu kirere, undi afata inkoni ahondagura ku kibuno. Mu butumwa... Read more »
Leta zunze ubumwe za Amerika ubu nizo zifite umubare munini w’abanduye Covid-19 ku isi, virusi Perezida Donald Trump yitaga iy’Abashinwa ubu yiganje cyane mu gihugu ayoboye ndetse yahamagaye Perezida... Read more »
U Rwanda rurabara abantu 50 bamaze kwandura iyi virus mu gihugu, 88% muri bo baje bavuye mu mahanga, 21 muri abo 50 binjiye mu Rwanda bavuye i Dubai, 17... Read more »
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania ejo ku cyumweru yasabye abaturage b’iki gihugu kudatinya kujya gusenga ngo kuko ngo mu nsengero ariho hari umuti nyawo wa coronavirus. Bwana Magufuli... Read more »
Kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Werurwe 2020 mu Rwanda hagaragaye umuntu wa 8 urwaye icyorezo cya COVID- 19 giterwa na Coronavirus. Nkuko Minisiteri y’Ubuzima yabitangaje, uyu wagaragayeho Coronavirus... Read more »
Urwego rushinzwe Ubuzima mu Bushinwa rwatangaje ko umuti uzwi ku izina rya Favipiravir ufite ubushobozi bwo gukiza icyorezo cya Coronavirus, nyuma yo kuwukoreraho ubushakashatsi guhera muri Gashyantare uyu mwaka.... Read more »
Abarwayi bane batewe inshinge z’uru rukingo ku kigo cy’ubushakashatsi cya Kaiser Permanente kiri i Seattle muri leta ya Washington nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru Associated Press. Uru rukingo ntabwo rushobora... Read more »
Umunyamuziki John Legend uri mu bakomeye ku Isi, yatangaje ko mu ijoro ry’uyu wa kabiri tariki 17 Werurwe 2020 akorera igitaramo ku rubuga rwe rwa Instagram yifatanya n’abantu baheze... Read more »
Abakobwa batandatu n’umusore umwe bari bakurikiranyweho guhohotera Mukamana Sandrine, bakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’imyaka 25 n’ihazabu ya miliyoni enye z’amafaranga y’u Rwanda. Urukiko kandi rwategetse ko telefoni... Read more »
Mu mugezi wa Nyabugogo mu gitondo cyo kuwa Gatanu tariki 13 Werurwe hatoraguwe umurambo w’umugabo bivugwa ko ari uwitwa Bazimaziki Celestin w’imyaka 37 aho warumazemo iminsi 3. Nyakwigendera wari... Read more »
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko imikino ya Shampiyona yose ibera mu muhezo, nta bafana bahari. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya... Read more »
Mu mpera z’Icyumweru gishize mu mujyi wa Wuhan mu Bishinwa mu gace kitwa Huanggang hatangiye kubakwa ibitaro bya mbere byo kwita ku bafashwe na coronavirus. Ubu byuzuye nyuma n’iminsi... Read more »