Batangiye gutaha kuri iki Cyumweru nyuma y’uko bamenyeshejwe ko Ikirunga cya Nyiragongo cyagabanyije umuvuduko wo kuruka. Aba baturage bari binjiriye ku mipaka ya La Corniche na Petite Barrière no... Read more »
Nyandwi Veneranda w’imyaka 25 y’amavuko, umusore wavukiye mu Karere ka Muhanga, mu Ntara ya Majyepfo, akavukana ibitsina bibiri(2), aratabaza nyuma yuko avuga ko yagiye kwa muganga bagasanga, bugabo bwe’... Read more »
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC kirimo gupima #COVID19 (mu buryo bw’inyigo) abakoresha imihanda y’Umujyi wa Kigali; hagamijwe kugira ishusho y’icyorezo mu murwa mukuru w’u Rwanda. Iki gikorwa gisanzwe kimenyerewe... Read more »
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko igikorwa cyo gutanga inkingo za COVID-19 gikomeje ubu hakaba hari gukingirwa abantu bakora ibishobora gutuma bashobora kuba bakwandura iki cyorezo. Ivuga ko ibi... Read more »
Nkubili Alfred ukurikiranyweho ibyaha byo guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano no guhisha ibyakoreshejwe icyaha. kuri uyu wa kabiri nibwo ibitangaza makuru bitandunye byatangaje ko, Nkubili Alfred arembye yajyankwe mu... Read more »
Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima (RBC), cyatangaje ko umwe mu bavurirwa Coronavirus mu kigo nderabuzima cya Rugerero mu Karere ka Rubavu, yahabyariye umwana w’umuhungu kandi bose bameze neza. Ku gicamunsi cyo... Read more »
Ni ubwa mbere kuva umuntu wa mbere wanduye Coronavirus agaragaye mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, habonetse abarwayi benshi ba Coronavirus mu munsi umwe. Itangazo rya Minisante rigaragaza... Read more »
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu Turere twa Kicukiro na Nyarugenge, igomba kujya muri guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15, kubera... Read more »
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’iz’umutekano,Polisi y’igihugu yafashe abantu 14 bo mu karere ka Rusizi, bari batwaye magendu bayivana muri Repubulika Iharanira Demokarasi... Read more »
Amakuru atangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo mu Burundi aravuga ko General Major Evariste Ndayishimiye uherutse gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu yaba nawe arwaye uburwayi butavuzwe. Abarundi benshi bari mu... Read more »