Kimisagara: Kimisagara: Umugore yafatanywe udupfunyika 5,082 tw’Urumogi Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafatanye uwitwa Musabyimana Azerah w’imyaka 38 y’amavuko udupfunyika... Read more »
Sadate yashimiye abakinnyi uburyo bitwaye neza Munyakazi Sadate uyoboye iyi kipe iherutse gusabwa guhagarika izindi nzego zose, yavuze ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwifuje guhura n’abakozi bayo by’umwihariko abakinnyi bayo... Read more »
FLASH Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Marie-Claude Macron bagaragaye bari kwishimisha mu biruhuko byo mu mpeshyi hafi y’Inyanja ya Méditerranée. Perezida Emmanuel Macron w’imyaka 42 yagaragaye yambaye... Read more »
U Mu kiganiro n’Abanyamakuru, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yasubije ibirego by’u Burundi buvuga ko u Rwanda rwafashe bugwate impunzi z’Abarundi zihamaze imyaka itanu, avuga ko uko bigaragara nta bushake buhari ku... Read more »
Yanditswe Inkuru iri guca ibintu mu binyamakuru byo muri Afurika yo hagati no mu isi y’abakoresha ururimi rw’Igifaransa, ni iya Perezida wa Tchad Idriss Déby Itno wahawe ipeti rya Maréchal... Read more »
Amakuru UMUSEKE ufite kandi wakuye ahantu hizewe aremeza ko ibyamamare Shaddyboo na Bruce Melodie bafunzwe mu mpeza z’Icyumweru gishize bakurikiranyweho kwica amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi... Read more »
Aba bapolisi bakurikiranyweho n’ubutabera barimo uwitwa Benon Akandwanaho wakoraga kuri sitasiyo ya polisi ya Kira na Frank Sabiiti wari ushinzwe ibikorwa by’ubutasi ku mupaka wa Mutukula. Bagaragaye mu rukiko... Read more »
rwego rw’ibanga rwasohoye igitaraganya Perezida Donald Trump wa Amerika mu kiganiro n’abanyamakuru, nyuma y’amasasu yarasiwe hanze y’ibiro bye White House. Umukozi w’urwo rwego rufite mu nshingano kurinda abategetsi bakuru... Read more »
Mu ijoro ryakeye abagize Guverinoma ya Lebanon beguye nyuma y’igitutu cy’abaturage bayishinja kuba terera iyo ntikurikirane ubuzima bw’igihugu kugeza ubwo umurwa mukuru uturikiramo ibinyabutabire bya kirimbuzi,umuriro ugahitana abagera kuri... Read more »
Iki gikorwa cyabereye kuri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo giherereye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa 10 Kanama 2020. Inkunga yatanzwe yakusanyijwe n’abakozi ba Mininfra n’ibigo biyishamikiyeho birimo... Read more »