
Abakunzi b’umupira w’amaguru nyuma yo gutegereza igihe kinini bose bibaza uzaba umukinnyi wumwaka 2019-2020 mu gihugu cy’Ubwongereza.
Abenshi bibazaga ko Ese azava mu Ekipe yatwaye igikombe ariyo Liverpool, ntago ariko byagenze kuko cyehukankwe na Kevin wa Man City